Gisagara : Abaturage batumye umukandida perezida Hon Dr Amb Frank Habineza kubazanira umuriro
Friday, 28 June 2024

Uyu munsi tariki ya 28 Kamena 2024, ubwo umukandida perezida Dr Amb Frank Habineza, ari kumwe n’abakandida depite, mu gikorwa cyo kwiyamamaza kigeze ku munsi wa 7, abaturage bari bateraniye mu murenge wa Musha, akarere ka Gisagara bavuze ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira umuriro w’amashanyarazi.
Umukandida perezida Dr Frank Habineza yavuze ko nibamutora azakora kuburyo hazanwa uruganda rukora ibyuma bibyazwa amashanyarazi, kugirango ibikoresho bibe byagera ku baturage bihendutse kandi hatabayeho imbogamizi zaho instsinga zaca.
VIDEO: Gisagara-Ruhango: Bakiranye urugwiro Dr Frank Habineza bamuha ubutumwa || 28 June 2024
Yakomeje avuga ko ari bwo buryo bushoboka bwatuma abantu bose babigura mu buryo buhendutse kandi bakabibona hafi yaba.
AMAFOTO


