News
Nimungirire ikizere nzaca akarengane hose mu Rwanda- Frank Habineza
Wednesday, 26 June 2024

Hon Amb Dr Frank Habineza , Perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (#Greenparty) , yabwiye aba Gatsibo ko nibamugirira ikizere azaca akarengane mu Rwanfa hose.
Yabivuze kuri uyu wa Gatatu taliki 26 Kamena 2024, ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu ndetse no kwamamaza abakandida depite bagera kuri 50 baturuka mu ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (#Greenparty)
Yavuze ko ibyo ababwira byose kubagezaho bizakunda ari uko batoye Dr Frank Habineza, kandi ko bagomba kuzatora kuri Kagoma kugirango batore batore n’abadepite bazajya kubahagararira mu nteko.
AMAFOTO

