Catégorie : News

Abarwanashyaka ba Green Party barishimira uruhare rw’ishyaka ryabo mu iterambere ry’Igihugu

Abarwanashyaka ba Green Party barishimira uruhare rw’ishyaka ryabo mu iterambere ry’Igihugu

samedi 13 août 2022

Abarwanashyaka ba Green Party bavuga ko bishimira uruhare rw’ishyaka ryabo mu iterambere ry’Igihugu kuko bimwe mu byari bibangamiye imibereho y’abanyarwanda bagize uruhare mu kugirango bihinduke ibindi bihabwe umurongo nk’uko babibwiye Rwandanews24. Ibi babigarutseho mu mahugurwa abarwanashyaka ba Green Party bo mu karere ka Huye bahawe mu rwego rwo kubasobanurira amahame y’ishyaka ryabo, demokarasi, imibereho myiza ya muntu, kurengera ibidukikije bakaba banashyizeho inzego z’abagore n’urubyiruko ku rwego rw’akarere kuko zitabagaho. Nkurunziza Emmanuel ni umwe mu bitabiriye aya mahugurwa. Ati: “Ku ruhande rwanjye ibyo mbona ishyaka ryacu ryagizemo uruhare kugirango bihinduke ni byinshi, ariko icyo nishimiye cyane ni uruhare rwaryo mu iyongerwa ry’umushahara wa mwalimu wongereweho 10%.” Akomeza avuga ko uretse umushahara, Green Party yakoze ubuvugizi hashyirwaho ihahiro rya mwalimu (Mwalimu Shop) ririmo gushyirwaho hirya no hino mu gihugu n’ubwo ritaragera hose bakaba bizeye ko n’ahandi rizahagera kugirango imibereho ya mwalimu irusheho kuba myiza. Mugenzi we Nyiraribagiza Marie Chantal, aganira na Rwandanews24 yagarutse ku buvugizi bwa kozwe na Green Party abaturage bakegerezwa amavuriro. Ati: “Ishyaka ryacu ryakoze ubuvugizi amavuriro y’ibigo Nderabuzima ava ku rwego rw’umurenge ashyirwa ku rwego rw’akagali n’ubwo hari aho ataragera. Nk’ababyeyi tubona ka Poste de Sante cyane kuko nk’umubyeyi utwite hari ubwo yagiraga ikibazo akaba yakurizamo n’urupfu bitewe n’uko Centre de Sante iri kure ntabone ubutabazi bw’ibanze vuba, ariko ubu umubyeyi iyo yumvise atameze neza agana Poste de Sante bakamufasha agahabwa iby’ibanze agataha cyangwa byaba ngombwa akoherezwa ku Kigo Nderabuzima ariko bamuramiye.” Ikindi ni uko mu busanzwe abana bakunze kugira ikibazo bakaremba bitunguranye ndetse mu masaha ya nijoro byo bikaba bibi kurushaho, ariko ubu iyo umubyeyi abonye umwana agize ikibazo ngo bimufasha kumugeza kwa muganga mu gihe gito akitabwaho akanahabwa ubutabazi bw’ibanze vuba. Mu kiganiro Rwandanews24 yagiranye n’Umuyobozi ushinzwe imari muri Green Party Madame Masozera Jacky, yavuze ko bishimira intabwe bamaze kugeraho kandi ko bakomeje imihigo ku buryo ibyo bifuza ko byahabwa umurogo byose byazashyirwa mu bikorwa bahereye ku byo bakoreye ubuvugizi bigakunda bizeye ko n’ibindi bizakunda. Ati: “Twishimira cyane ibyo tumaze kugeraho binyuze mu gukora ubuvugizi tugashyikiriza guverinoma ibyo tubona byahabwa umurongo kandi bigakorwa. Urugero ni uko Green Party yakoze ubuvugizi ku mikoreshereze y’ubwisungane mu kwivuza, aho umuntu yishyuraga agategereza ukwezi ngo abone kwivuza. Ibi byatumaga uwishyuye ashobora kurwara akaremba hakaba n’uwakurizamo gupfa bitewe no kubura ubuvuzi kandi yarishyuye. Nyuma y’ubuvugizi twakoze, ubu umuntu arishyura agahita yivuza atagombye gutegereza ukwezi.” Abarwanashyaka ba Green Party mu karere ka Huye barishimira ibyo ishyaka ryabo ryagezeho Akomeza avuga ko hari byinshi bakoreye ubuvugizi bigahabwa umurongo, ubu bakaba barimo gukora ubuvugizi kugirango abantu bahembwa umushahara kuvaq ku bihumbi 60.000frws kumanura bazakurirwaho umusoro, aho kuba ibihumbi 30.000frws by’umushahara udakurwaho umusoro. Ibi bafite icyizere ko bizakunda kuko kuba ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bitavuze guhangana, ahubwo ari uguhana ibitekerezo by’ibyo babona byahabwa umurongo neza cyangwa ibyo banenga. Green Party ifite gahunda yo guhugura abarwanashyaka babo mu gihugu hose, ubu bakaba bamaze guhugura abo mu turere 9. Source: Abarwanashyaka ba Green Party barishimira uruhare rw’ishyaka ryabo mu iterambere ry’Igihugu – Rwandanews24

Lire la suite
Amasomo y’urugamba rwo kwibohora ku Banyarwanda: #Rwanda – Lessons learnt from the Liberation Struggle to Rwandans

Amasomo y’urugamba rwo kwibohora ku Banyarwanda: #Rwanda – Lessons learnt from the Liberation Struggle to Rwandans

mardi 5 juillet 2022

Amasomo y urugamba rwo kwibohora ku Banyarwanda: #Rwanda Lessons learnt from the Liberation Struggle to Rwandans (text below) -Gukomeza kurwanya akarengane, ivangura iryariryo ryose, itonesha n ibindi bitandukanya Abanyarwanda -Kurwanya kugundira ubutegetsi -Guhererekanya /gusimburana ku butegetsi mu mahoro (peaceful transfer of power) -Gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize (power sharing) -Kurwanya imiyoborere y igitugu -Gucyura impunzi no gukuraho ibitera ubuhunzi -Kugira Leta yita kuri bose -Gukomeza umuco w ibiganiro na Politiki y amahoro -Kwihanganirana mu gutanga ibitekerezo bitandukanye -Gusangira umukati w igihugu ntawe usigaye inyuma -Gushyigikira ukwishyira ukizana kwa buri muntu -Gushyigikira ubwisanzure bw itangazamakuru no gutanga ibitekerezo mu bwisanzure -Gushimangira ubutegetsi bwa demokarasi Lessons learnt from the Liberation Struggle to Rwandans 1. To continue fighting injustice, inequalities, nepotism, divisionism of any kind: based on religion, tribe, ethnicity, gender and so on… 2. Root for rotational governance and peaceful transfer of power 3. Guarantee and implement power sharing 4. Fight dictatorship tendencies 5. Fight all causes of Rwandan refugees and ensure their return 6. Have an inclusive developmental state 7. Continue Peaceful politics and dialogue culture 8. Being tolerant with the opposition side or those you don’t agree with 9. Ensure liberty and freedom of conscience 10. Ensure freedom of the media and freedom of expression 11. Ensure respect of democratic governance and values Message from the Democratic Green Party of Rwanda Dr.Frank Habineza (MP) 4th July 2022 DGPR

Lire la suite
Muhanga: Young people call for easier access to Financial Services

Muhanga: Young people call for easier access to Financial Services

mardi 5 juillet 2022

Young people in Muhanga District in the Southern Province of Rwanda have requested the Democratic Green Party of Rwanda to advocate for them in order to have access to entrepreneurship programs while at the same time urging the National Bank of Rwanda to provide new guidelines on slashing down the Bank Interest rate for them to easily create their own jobs. In July 2021, the Rwandan Senate said that unemployment among young people was on the rise and that a large number of its projects were failing, the reason why serious measures need to be taken. Some of their findings include the content of a report by the Senate Committee on Social Welfare, which came from an analysis of the government’s activities in the job creation process. Senator Umuhire Adrie, who represents the Senate Social Welfare Committee, returned to the unemployment rate, which was 22.4% higher than the national average of 17.9%. ‘as released by the National Institute of Statistics in 2020. The proportion of graduates in vocational and vocational schools who got the job was 67.7% in 2016. The percentage dropped to 64.9% and 59.6% in 2018 and 2019. Government plans create 1.5 million jobs between 2017 and 2024. Over the past four years more than 778,136 jobs have been created including 658,630 for the youth. Luckily, she said that although some progress has been made, there are still obstacles. The Democratic Green Party of Rwanda youth in Muhanga district revealed that they are threatened by the poverty issues due to lack of easy access to financial services and entrepreneurship skills, according to Jean Luc Gasangwa, the party’s district leader. “The first problem is unemployment and access to finances ,” he said. He added that they have discussed the issue with the youth, the reason why they are requesting the Bank National of Rwanda to discuss with the local financial institutions, especially the SACCOs to reduce the interest rate which is high compared to their ability. He also demanded that young people not be required to have work experience when looking for a job, rather they should be given the opportunity to familiarize themselves with the jobs while at the same time acquiring the experience. However, employers should also avoid exploiting them since some take them for granted and give them jobs without any contract and end up not getting paid. Jeannine Mucyeshimana also says that women are struggling to find the capital, so she urges the government to help them for the best of the country. “The government and other partners have to help us find an investment capital that will help us thrive, and have a better life.” She said On the part of the party leadership, Mukansanga Denise, the DGPR Deputy Treasurer says that government to the citizens is like a child and a mother, so they need to be advocated for progress. “There is a need for change. For example, a low-income person who starts a business of Rwf 50,000 Frw does not expect to be able to earn a living, such as food, clothing,…” she said The Rwanda Youth Financial Inclusion Report which was produced by Access to Finance Rwanda (AFR) in partnership with National Bank of Rwanda, Ministry of Finance and Economic Planning and National Institute and of Statistics Rwanda recommended that increasing access to post-secondary education is critical in building a knowledge-based economy. It says establishing a catchment programme that up-skills the youth after completing their education will facilitate a transition from education to employment. It recommends supporting young business owners to avoid premature death of businesses and introducing affordable credit products which could likely increase usage of credit. Youth financial inclusion strategy should focus on people in rural areas and those in lower-income quintiles, recommends the report. The recommendations also include leveraging technology to provide financial services and introduce new products since the youth own businesses in the agriculture (21.2 percent youth) services sectors (45.9 percent) than the rest of the population, and increased entrepreneurship in these sectors would have a positive impact reducing youth unemployment, recommends the report. Given the informal mechanisms exhibiting higher risk exposure, efforts directed towards tailoring formal savings products to suit the needs of youth is likely to attract the youth in developing a culture of saving formally, it adds. The report warns that such informal mechanisms exhibit higher risk exposure. Source: Muhanga: Young people call for easier access to Financial Services TOP AFRICA NEWS

Lire la suite
Nyagatare: Youth commit to save environment

Nyagatare: Youth commit to save environment

mardi 5 juillet 2022

Young people in Nyagatare District, Eastern Province of Rwanda have committed to protect the environment to build country’s resilience to climate change effects. The interventions are needed considering that cimate change also affects youth and thus affecting the future of the country. Having considerd the dangers and threats posed by climate change, the young people are chipping in to save the environment in Nyagatare. The effects of climate change include water shortage, decreased food, and increasing disasters and diseases. Rwanda Forest Authority(RFA) figures indicate that Nyagatare District has a lowest-forest cover in the country, thus causing drought as a result of climate change. Youth from Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) are taking the lead in saving Nyagatare from drought effects. Niyonzima Jean Claude, 30, recently elected to lead youth from DGPR in Nyagatare, has urged other young people protect and conserve the environment by raising their voice. “We will raise our awareness about forestation so as to reduce the use of firewood, and urge the government to contribute to the reduction in cooking gas prices so that more people are able to buy it. This will thus reduce deforestation and help in coping with drought, ” he said. The awareness campaign will be held in the public spaces through community meetings, and community works among others. A 21-year-old Dufitumukiza Pelagie, recently elected to lead women in Nyagatare district said they are going to take the initiative to protect the environment as it is one of the main pillars of the party. “We have to inform concerned people about the dangers of deforestation actions; those who fell trees must stop. We are commited to conduct awareness compaigns onforestation,” she said. On the other hand, Masozera Jacky, the party’s treasurer, says its key pillars include protecting the environment as one of the most important issues to be addressed in Rwanda. The party encourages protection of the environment via reforestation, bamboo tree planting along the banks of rivers and streams, as it was done on sebeya river catchment.The activity also includes the construction of terraces. Rwanda had set a target for the first Economic Development Plan (EDPRS I) of Vision 2020, which is to have 30% of the country’s forested areas covered. The 2019 census showed that it has achieved and exceeded as 30.4% of national surface is covered by forest. However some districts are lagging behind.These include Kirehe at 17% and Nyagatare at less than 20%, while Nyaruguru is at 50%. Nyagatare District is where the fifth district to have DGPR youth and women structures at the District level. Source: Nyagatare: Youth commit to save environment The Source Post

Lire la suite
Rwamagana: Youth urged to embrace politics

Rwamagana: Youth urged to embrace politics

mardi 5 juillet 2022

The youth from the Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) have urged other young people to embrace politics and strive to play their part in the governance of their country. The call comes as some of the youth fear joining politics due to the Rwanda’s tragic political history that led to the 1994 Genocide against the Tutsi that claimed over one million victims. As such more youth have lost interest in politics including affiliating themselves to political parties. “After the genocide I was afraid of affiliating to any political party because I felt it was an ideology that leads to wrongdoing,” Benoit, Ndagijimana, a 37-year-old from Rwamagana district said. Ndagijimana is now a leader of the Democratic Green Party of Rwanda in Rwamagana district. He admits he was inspired by the party leader at National Level Dr. Frank Habineza who encouraged them to be part of the solution in people’s welfare through political parties. For Jacky Masozera, there should be no reason for the youth to shy away from joining politics especially being members of political parties as they are examples of politicians who played a role in national building. She gave an example of those who liberated the country and stopped the 1994 Genocide against the Tutsi. “Due to the history of our country, there are young people who are afraid of politics, but they should know that apart from those bad politicians they rely on, there are those who sacrificed their lives to liberate the country and stopped the genocide who could inspire them,” said Masozera. Jeanne Mukandanga, another youth from Rwamagana district, being a member of political party helps one to express their views. She currently contributes to fighting malnutrition by planting fruits trees. Leonard Gashugi who is the party’s second Vice President urged the young people to join politics because there are no other options. “Most of the people who participated in the liberation of our country were youth, and they have now almost grown and they are going out of politics, it is youth’s race now.” “So we encourage the youth to participate in politics, because it is part of us, if you don’t play politics, politics will play you. So we encourage them to contribute meaningfully in our politics, especially through the democratic process and governance, through voting and elections, respect rule of law, respect of human rights,” he added. In its effort to value youth empowerment in constructive politics, the Green Party is setting up youth and women’s committees at the districts level. The party held an event on June 11, 2022, in Rwamagana district and currently, such committees have been set up in four other districts. Source : Youth urged to embrace politics The Source Post

Lire la suite
Rubavu: Abarwanashyaka ba Green Party baranenga Urubyiruko rudakora ngo rwabuze igishoro

Rubavu: Abarwanashyaka ba Green Party baranenga Urubyiruko rudakora ngo rwabuze igishoro

mercredi 8 juin 2022

Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) bo mu karere ka Rubavu baranenga Urubyiruko bagenzi babo bacyitwaza ko nta Gishoro bafite bagashyira amaboko mu mifuka birengagije ko Leta hari ibyo yakoze birimo nko gutangiza Ikigo BDF gitera inkunga imishinga iciriritse yiganjemo Urubyiruko n’Abagore, ndetse banasaba Leta gushyira imbaraga mu bikorwa mu Gihugu kuko hari ibiva mu mahanga bihenze kandi byagakorewe imbere mu Gihugu. Ibi babigarutseho ubwo basozaga amahugurwa y’umunsi umwe yahuje abahagarariye iri shyaka baturuka mu mirenge itandukanye y’aka karere, yabaye kuri uyu wa gatandatu, tariki 04 Kamena 2022. Nishyirimbere Patrick watorewe kuyobora Urubyiruko rwo mu Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) mu karere ka Rubavu avuga ko bishimiye ibyo ishyaka rimaze kugeraho mu bikorwa bagiye bakorera ubuvugizi ariko akanenga Urubyiruko rucyitwaza ko rwabuze igishoro kandi hari ibyo Leta yakoze byabafasha mu gihe bakoze imishinga irimo udushya. Nijyimbere ati “Urubyiruko ruracyitwaza ko rwabuze igishoro kandi hari ibyo Leta yashyizemo imbaraga nk’Ikigega BDF gitera inkunga imishinga y’Urubyiruko n’Abagore, nibashishikarire gukora imishinga ifatika kandi irimo udushya ikanabafasha guhanga imirimo kuri bagenzi babo.” Akomeza agira ati “Nk’Urubyiruko twishimiye byinshi ishyaka rimaze kugeraho muri iyi manda y’Abadepite igiye kugera ku musozo, turasaba Leta ko yashyira imbaraga mu bikorerwa mu gihugu (Made in Rwanda) kuko hari ibikorerwa hanze byagakorewe imbere mu Gihugu bikagira uruhare mu igabanyuka ry’ibiciro byatumbagiye ku Isoko.” Source: Rubavu: Abarwanashyaka ba Green Party baranenga Urubyiruko rudakora ngo rwabuze igishoro – Rwandanews24

Lire la suite
Nyanza: High cost of cooking stoves contributes to deforestation – Green Party members

Nyanza: High cost of cooking stoves contributes to deforestation – Green Party members

mercredi 8 juin 2022

As the world prepares to celebrate World Environment Day on June 5, the Democratic Green Party Rwanda (DGPR) is campaigning across the country to encourage its members to participate in environmental protection programs, but point out the challenges posed by deforestation. Involvement and the availability of expensive cook stoves and most of the dominant wood firefighters in rural areas are unable to afford it, according to its members from Nyanza district in Southern Province. Environmental conservation is one of the strategies to cope with climate change with a variety of impacts including lack of rainfall, drought, respiratory diseases and everything else based on illegal deforestation as trees attract rain. Some Green Party members who spoke to Rwandanews24 say they still see a gap in deforestation, despite a recent report by the Rwanda Forest Authority https://www.rfa.rw/fileadmin/user_upload/RFA/Publications/Rwanda_Forest_Cover_Mapping_November_2019_.pdf Mukeshimana Anne Marie, a Green Party activist living in Nyanza district, Nyagisozi sector. In an interview with Rwandanews24, “The forests are being cleared because of the firewood, especially for the rural population,” she said. This is because of the high cost of fuel and the low cost of fuel. “ She goes on to say that once she realized the importance of forest conservation she asked about the cost of deforestation to help him cook when she started the forest and found it expensive. “Because there is cook stoves in the city of Kigali, I asked someone who knew the price and told me that one cook stove costs between 35,000frws and 45,000frws,” she said. I immediately felt that conserving the real forest was up to the owners because I am poor and I can’t get the money I need and I don’t buy the food for my family and I don’t pay the school fees. “ Prices for cooking utensils are high In addition to the cook stove costs between 35,000frws and 45,000frws, bio-gas and gas are also other forms of cooking, are very expensive. Asked if she knew bio-gas as also the one of the methods used in forest conservation, Mukeshimana said she knew the bio-gas information. “I asked about the price of the cook stove and found out that bio-gas is the most expensive thing, even though I can’t afford it. They told me that bio-gas requires a person to breed at least 2 cows and eat enough to get enough manure to use them for bio-gas use; They tell me that when you need it, you tell the local authorities to help you get it because they provide support, but the community also pays 800,000frw to help with the construction work and pay the construction workers. I can’t do that because I’m poor. “ Gas is not at the level of the average person Mukeshimana compares gas use to power outages in rural areas. “In different areas of the country they buy token of electricity for the first time and get it, but when you do, most people leave immediately because it is expensive. The same is true of gas because even if you give it to me as a subsidy, I can’t buy a second one because there is no quantity of gas cost between 1000frws and 5000frws. I see deforestation as the price involved because even the charcoal they tell us to use, the bag costs 10,000frws. “Once there is a reduction in the price of cook stoves, the forests will be better preserved.” Gahamanyi Isaïe is also a Green Party activist in Nyagisozi sector, Nyanza district and is a teacher in primary School. He says the protection of the environment, especially forests, is being hampered by the cost of cooking utensils. “Cooking is one of the main things people need in everyday life. You can cook with firewood, charcoal, cook stoves, bio-gas, gas or electricity. In the rural areas, which is also the most populous country in Rwanda, they use firewood for cooking because most of them do not have enough resources to buy one of the equipment mentioned above. They use firewood because they are cheaper than others and these firewood come from the forest around them. ” He goes on to say that when you talk to different people in the rural areas they are aware of the importance of protecting the environment especially the forests, but the obstacles are the ability to find other firewood to replace the wood. “I was fortunate enough to see the Lack of Fuel, even when we were cooking at home. But if I were not a teacher I would not obey it because it is expensive. When I bought a small one I bought it for 28,000frws. You don’t even have to spend 1000frws a day to buy food for your family, you just have to save money to buy it. ” What does the Democratic Green Party Rwanda have to say on this issue? In an interview with Rwandanews24, the secretary of the Green Party’s dispute resolution and conflicts management committee, Mr. Innocent Iyakaremye, said: “The potential of Rwandans is not the same, which is why they are so supportive of access to cooking equipment in the field of forest conservation,” he said. For example, in agriculture, supplementation is required. This is done by reducing the amount of fuel, bio-gas and gas; would be a great contribution to forest conservation. ” He further said that bio-gas is not possible because all Rwandans have chosen cows. “We have a Girainka program in Rwanda, but one person is given one cow and not two are required to build a bio-gas,” he said. Depending on the size of the cow, people will have to wait a couple of years for the cow to give birth. There is still a long way to go before forestry can be maintained at a high level, even after the land has been cleared. ” Our suggestion as a Democratic Green Party Rwanda is that the country will build gas storage facilities as sustainable solution, so that its price can be reduced so that every Rwandan can buy it. This would be a lasting solution because in the event of a landslide we will miss it and it will be expensive. The rise in oil and gas prices, for example, has risen sharply since the start of the war between Russia and Ukraine. Rwanda’s forests cover an area of 30.4 percent, an area of 8,006.7 square kilometers. Compared to the area of different provinces of the country, it was found that forests have reached the same size as the Western and Northern Provinces combined. The census was conducted by the Rwanda National Forestry Authority. Source: Nyanza: High cost of cooking stoves contributes to deforestation – D. Green Party members – Rwandanews24

Lire la suite
Impungenge ku kwakira abimukira zishingira ku ki? – Ikiganiro na Dr Frank Habineza

Impungenge ku kwakira abimukira zishingira ku ki? – Ikiganiro na Dr Frank Habineza

lundi 30 mai 2022

Depite Frank Habineza yashinje ibihugu bikomeye guteza ibibazo bituma habaho abimukira benshi n’impunzi, ku buryo ari byo bigomba kubishakira igisubizo kirambye, aho kwitabaza u Rwanda. Mu kwezi gushize, u Rwanda rwasinyanye n’u Bwongereza amasezerano y’imyaka itanu, azatuma rwakira abimukira babarirwa mu bihumbi, binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko guhera ku wa 1 Mutarama 2022. Kuva muri Mutarama kugeza muri Mata uyu mwaka, nibura abimukira basaga 4.500 binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe. Nyamara urebye nk’umwaka ushize wose, hinjiye abimukira 28.526, umubare wazamutse cyane ugereranyije na 8.404 mu 2020. Ni imibare iteye inkeke, ndetse muri uyu mwaka bashobora kuzagera mu 60.000 kubera ibibazo birimo intambara yo muri Ukraine. Imibare igaragaza ko mu 2021, urebye ibihugu abimukira baturutsemo cyane, Abanya- Iran bihariye 30% ; 21% ni Abanya-Iraq, 11% ni Abanya-Eritrea naho 9% ni Abanya-Syria. Icukumbura ryerekanye ko aba bimukira batanga amafaranga menshi kugira ngo bambutswe, ari hagati ya 3.000 na 7.000 by’amayero, ni ukuvuga hagati ya miliyoni 3-8 Frw. Banyura mu nzira y’amazi iri hagati y’u Bufaransa n’u Bwongereza, izwi nka English Channel. Mu kiganiro cyihariye na IGIHE, Dr Habineza yavuze ko ibi bihugu bikomeye ari byo biteza ibibazo, bityo u Rwanda rudakwiye guheka umusaraba wabyo. IGIHE: Amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza mwayakiriye mute? Habineza: Byaje bitunguranye, ntabwo twari tuzi ko bimaze iminsi byigwaho. Twahise tubyigaho, dusanga tutabishyigikira kubera ko, icya mbere, iyo impunzi iguhungiyeho urayitabara, ukaza kwiga ku bibazo byayo ariko wabanje kuyakira. Tukavuga ngo izo mpunzi ntabwo zahungiye kuri twebwe, zahungiye mu Bwongereza. Twumva twe icyo gihe nibo bagombye kuba babatabara, nibo bagombye kuba babafasha, bakamenya n’impamvu baje, bazabona izo mpamvu zidafatika, icyo gihe habaho ibindi byemezo byafatwa. Twaje gutungurwa no kumva ko u Rwanda rugiye gufasha u Bwongereza kwakira izo mpunzi zahungiye iwabo, ngo zize hano mu Rwanda. Ni izihe mpamvu zindi mwashingiyeho Ibintu byose uko bimeze, ntabwo ari twebwe twavuga ko turi igihugu kinini kirusha u Bwongereza, tukaba twavuga ngo twabatuza kurusha abandi. Noneho ibijyanye n’umutungo kamere, abo bazakenera inkwi zo guteka, bazakenera amazi yo kunywa, kandi mu by’ukuri twirebyeho hano, nta mashyamba dufite twarayamaze [ ] natwe dukeneye indi nyunganizi. Abo bantu bandi bazimukira hano, uko bizagenda kose bazabyara , bazororoka, bagire imiryango. Ntibizaba ikindi gitutu twongereye ku gihugu? Bizongera umutwaro ku gihugu cyacu. Kandi twabonye ko ari amasezerano y’imyaka itanu, nirangira uwahisemo gutura hano, kuba mu Rwanda, azaba ababaye umwenegihugu, azajya mu ngengo y’imari yacu nk’abandi bose uko tubayeho. Tukavuga tuti kandi uwo muntu uje yari asanzwe amenyereye, yarahawe icyo 1000$ cyangwa se cy’amapawundi (ni miliyoni 1 Frw) yo kumutunga buri kwezi, noneho azagera aho wenda abure akazi ko gukora, bizateza akavuyo hagati yabo natwe. Icya mbere bazaba bafite amafaranga yo kurya, yo guhaha, twebwe tutayafite kandi duhahira ku isoko rimwe. Bishobora no kuzana izamuka ry’ibiciro. Noneho wa muntu ayo mafaranga amushiranye, na we agomba kuza noneho tugasangira duke dufite, urumva ko bizaba ikindi kibazo muri sosiyete. Noneho tukavuga tuti mu by’ukuri mu bukire, u Bwongereza burakize kurusha u Rwanda. Ese ko bakize kurusha u Rwanda, nubwo bagiye kuduha ayo mafaranga, bo ntibari kuyakoresha mu gukemura ivyo bobazo. None mutekereza ko ari ukubera iki u Bwongereza budashaka ko baguma ku butaka bwabwo, bukabohereza ahandi? Dusesenguye dusanga hari indi politiki ibyihishe inyuma. Ni ya yindi yo kwanga abarabu, yo kwanga abirabura, iri mu bihugu by’i Burayi. Bamaze igihe badakunda abirabura, badashaka abimukira, badashaka abarabu bavuga ngo tubatwara akazi, ngo dufata abagore babo ku ngufu, ngo amabi yose nitwebwe tuyakora, kandi nabo bayakora ariko bakabishyira kuri twebwe abarabu n’abirabura. Mbese ugasanga no kubica bakabica, muri Amerika ejo bundi bishe umwirabura. Noneho nkavuga nti iyo politiki yo kwanga abarabu n’abirabura usanga ariyo tugiye kubamo abafatanyabikorwa, kuko twebwe nk’igihugu cyacu ntabwo tugira ibintu byo kuvangura. Kuvangura twabikuyemo amasomo akomeye cyane, twabivuyemo, ariko abandi baracyabirimo, noneho tujye kubatwaza umutwaro wabo, tugiye kuba abafatanyabikorwa cyangwa abafatanyacyaha muri iyo politiki yabo mbi. Kuko nk’igihugu cy’u Bwongereza bagize politiki yo kuvuga ngo ntibashaka no kubana n’abandi b’i Burayi, bo bashaka kubaho bonyine igihugu cyabo cyigenge, ntibashaka gutanga akazi kuri abo banyaburayi, bava no mu Bumwe bw’u Burayi, cya kintu cyiswe Brexit kubera iyo politiki. Noneho uwari ubishyigikiye cyane cyangwa uwabiharaniye ni uyu Minisitiri w’Intebe Johnson (Boris) uriho ubu, ni we wari ubishyigikiye cyane ashaka ko bava mu Burayi. Noneho urumva mu bintu yagiye yizeza abaturage, n’ibi by’abimukira atashakaga nabyo birimo, akavuga ati ‘reka mbikize vuba, nzabone amajwi.” Ni ukuvuga ngo twebwe turi muri politiki zabo z’imbere mu gihugu, dufatanye nabo mu bintu bishobora o kuzatugiraho ingaruka. U Rwanda n’u Bwongereza bigaragaza ko uburyo bwifashishwa mu bibazo by’abimukira budatanga ibisubizo. Hari ubundi buryo mubona bwakoreshwa, uretse aya masezerano? Twebwe twumvaga, icya mbere niba bashaka gukemura kino kibazo cy’impunzi n’abimukira, bagomba kujya mu mizi y’ikibazo. Imizi y’ikibazo ni uko bino bihugu bikize byatwaye umutungo wacu, byakolonije Afurika, byakolonije Aziya ndetse na Amerika y’amajyepfo n’amajyaruguru, byatwaye umutungo wacu mwinshi cyane, birakira. Ntabwo ari ibanga nk’igihugu cya Congo cyigeze kubaho ari umutungo bwite w’umwami w’u Bubilibi witwaga Leopold, akavuga ati ‘uyu ni umutungo wanjye bwite’, umutungo wose uva muri Congo n’abantu n’iki byose, batwaraga mu Bubiligi. Ntanze urwo rugero, n’ahandi ni uko bimeze. U Bwongereza muzi ko bwari bufite n’ubwami bugari, bwakolonije isi yose, bwakuyeyo ibintu byinshi cyane. Icya mbere bagombye gukora ni uko uwo mutungo batwaye bawugaruraho nibura ⅓ cyangwa se ⅕, bazane muri bya bihugu bakolonije mbere. Ikintu bita inkunga mpuzamahanga batanga ni akantu gatoya, ni nk’agatonyanga mu nyanja. Iyo wumvise ibintu batanga ni nka 0.03% ku bukungu mbumbe bw’igihugu cyabo. Ariko bavuze ngo tuzatanga nka 15% by’ubukungu bwacu tubisubize muri Afurika, mu by’ukuri akazi kaboneka muri Afurika, imihanda myiza yaboneka, amashuri meza yaboneka, ku buryo nta muntu wakwifuza kujya mu mbeho y’ Burayi afite ibyiza hano. Ariko abantu bajya iriya bavuga bati ‘tujye kubona amashuri meza, tujye kubona ubuzima bwiza hariya,’ kubera ko hano muri Afurika no muri Aziya biba byabaye ikibazo. Ni wo muti urambye, basubize ku byo batwaye tutabemereye, batugarurireho gatoya. Hari ibihangano by’ubugeni batangiye kugenda babigarura, ni byiza ndabishima, ariko nyine nta kashi zirimo. Bya bindi batwaye, zahabu yacu, amashyamba yacu n’abantu bacu bakoresheje ubucakara n’ibindi byose, bagire ikintu batugarurira, ni wo muti urambye wa mbere. Umuti wa kabiri urabye [ ] turashaka ko barekeraho gukora ibyo bintu byo gushyigikira iyo mitwe yitwaje intwaro, muri Congo hariya murumva ko hariyo imitwe irenze 100, yose iba ifite imbunda n’ibindi bitwaro bikomeye cyane. Ntabwo babitoragura mu muhanda, babikura i Burayi no muri Amerika n’ahandi. Barekere aho. Icya gagatu, bashyigikire ko habaho politiki nziza mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere muri Afurika no muri Aziya no muri Amerika y’amajyepfo, barebe ko demokarasi ishinga imizi, barekere aho guteza izo ntambara, bafite n’izindi ngahunda bateza imbere. N’inkunga batangaga nayo bakomeze bayitange, bashyigikire ubuyobozi bwiza buba buri mu bihugu bya Afurika. Kuko abantu bahunga bahunga ubuyobozi bubi, bahunga inzara, bahunga ubukene, bahunga n’intambara. Naho ibi birimo gukorwa ni igisubizo cy’akanya gato. Kuko nubwo u Rwanda ruri bwakire abo bimukira bavuye mu Bwongereza, ntibizabuza abandi kujyayo. Nibatajya no mu Bwongereza bazajya n’ahandi. Bifuze ko ari bo bateza ikibazo, ko bakwiye no kugikemura? Nibo bagiteje kuko nibo batwaye ibintu byacu byinshi cyane kugira ngo Afurika ikomeze ikene, ntabwo ari uko abanyafurika badafite ubwenge cyangwa se ubushobozi. Ni uko bari barakolonijwe, bababuza amahwemo, babatwara ibintu byabo, batwara n’abantu babo n’iki byose. Na n’ubu hari izindi politii zakurikiyeho na nyuma y’ubukoloni nazo zikitugoye za ‘neo-colonialisme’, ukabona baracyafite ijambo nubwo ubukoloni bwarangiye, ariko hari izindi ngufu bakoresha mu kugenzura isi yose. Hari izindi ntambwe mutekereza gutera zo kugaragaza ko mudashyigikiye aya masezerano? Ntabwo navuga ko ari twebwe tugomba gutera intwambwe, abagomba gutera intambwe ni abo bireba, ni ziriya mpunzi cyangwa abimukira bagomba kuzana. Ni bo bafite uburenganzira bwo kujya kurega mu nkiko bagasaba ko batazanwa mu Rwanda. Raporo zitandukanye zagiye zigaragaza ko mu Rwanda nta burenganzira buhari bwo gutanga ibitekerezo. Wowe utinyuka ute kunenga icyemezo cyafashwe na Guverinoma? Abantu bavuga ibintu bya kera. Njyewe navuga ko ibyo bavuga ko leta y’u Rwanda ngo ntabwo ishaka ko abantu bavuga n’iki byose, ni ibintu bya kera biri mu mateka. Habayemo impinduka nyinshi cyane, aho twatangirije ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu 2009, hari intambwe nyinshi zagiye ziterwa. Twagiye dutanga ibitekerezo byacu, yewe na mbere y’uko ishyaka ryacu ryemerwa leta yarabyumvaga, bimwe bigakosorwa, aho rimaze no kwemererwa bigenda byumvikana cyane [ ] Navuga ko iyo leta abantu bavuga ari iya kera, ntabwo ari Leta y’ubu. Twese dufite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo, kandi umuntu abitanze neza ndumva nta kibazo cyaba gihari. Kereka umuntu agiye gutaga ibitekerezo atukana, icyo gihe waba wishe amategeko. Mu minsi ishize hari abantu mwirukanye mu ishyaka mubashinja ko bashakaga kurisenya. Ikibazo cyararangiye? Twarabirukanye. Twafashe kiriya cyemezo nyuma y’uko twari dufite ibimenyetso bifatika by’ubugambanyi bari baragaragaje, tubifataho umwanzura turabirukana. Kandi cyari icyemezo ntakuka, byararangiye. Ubu ishyaka riratekanye rwose, nta kibazo na kimwe dufite. Twitege ko ishyaka ryanyu rizagaruka mu matora ari imbere? Ndakeka ko abantu bazabibona ko hari byinshi byahindutse. Kuko mu by’ukuri ibyo twabijeje byinshi twarabikoze, ntabwo twigeze tubahemukira mu kuvuga ngo twageze mu nteko turaceceka. Ibyo twabijeje twarabikoze kandi turacyabikora kuko manda iracyarimo. Icya kabiri, twagize ubunararibonye, twize byinshi, buriya ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi riri mu nzego za leta n’iritari mu nzego za leta, imikorere iratandukana. Hari abantu bamwe bavuga ngo ese ko ba Frank batavuze kuri iki kintu, ariko ntibamenye ko habamo imikoranire itandukanye, kuko iyo uri mu nzego zifata ibyemezo nk’iyo uri mu nteko, biba bisaba ko iyo ugiye kuvuga ikintu uba ugifitye ibimenyetso, ukamenya uti ibyo mvuga mbihagazeho. Naho iyo utari mu nzego za leta ntabwo ri na ngombwa cyane ko ukora iryo perereza ryose ngo ubihagarareho, ushobora kuvuga uti ‘hariya nabonye ariya mazi yasenye amazu’. Ishobora kuba ari inzu imwe, ariko ukavuga amazu menshi. Icyo gihe Meya akajyayo akavuga ati dusanze inzu ari imwe gusa, ariko icyo gihe ikibazo nta kiba gihari [ ] Twagiye tunareba ahandi ku mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi ari muri nzego z’ubuyobozi uko bakora, ariko ntabwo wafata ibyo muri Uganda cyangwa Afurika y’Epfo ngo ubiterure ubizane hano, ntabwo byakunda. Twagiye dufata ingero nziza nko muri Suede, nko mu Bwongereza, no muri Amerika hari ingero nziza twagiye dufata, tujya tuganira tukareba uko twakora neza kurushaho. Hari ibyo twagiye twiga ku bandi kuko dufite amateka yihariye nk’u Rwanda nk’igihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abatutsi, ntabwo wagifata ngo ukigereranye Kenya bitabayemo ibibazo bimwe. Ushobora kuguva ngo Bobi Wine yafashe intebe akubita mu nteko ubuzima burakomeza, mu Rwanda ufashe intebe ugakubita abadepite bagenzi bawe hariya abantu bahahamuka, bakavuga bati ‘intambara yagarutse’. I Bugande byarabaye ntibabona ko ari ikindi cyabaye, mur Afurika y’Epfo barabikora umuntu kaba yavuga hariya agatuka perezida ubuzima bugakomeza, ariko mu Rwanda ubikoze bvuga bati eh, bya bindi bakoze 1994 byaje. Mubona mute umusanzu mutanga nk’ishyaka? Turishimira umusanzu turimo gutanga, ariko turifuza gutanga n’urenzeho. Haracyari imbogamizi nyine muri politiki ziba zihari zitandukanye, ari iz’imbere mu ishyaka no hanze, tuzakomeza duhangane nazo, icya ngombwa ni uko haba ubushake bwa politiki. Bwo biragaragara ko buhari ku ruhande rwa Leta y’u Rwanda, bwo kuba demokarasi yatezwa imbere. Ntabwo ari inshingano za FPR Inkotanyi kugira ngo iteze imbere opozosiyo, ni inshingano zacu ko yo kuba opozisiyo ikomeye. Hari ibyo dusaba, ni ugushyiraho umwuka mwiza wa politiki, wajya mu giturage Meya ntakugendeho cyangwa ntagende ku bantu bawe, kuko murabizi ko byabagaho, ba Meya bagirira nabi abantu bacu. Ariko byaragabanutse cyane rwose, ubu nta muntu bagihohotera, urumva ko wa mwuka mwiza wa politiki uragenda uba mwiza kurushaho. Twitege Green Party mu matora ataha? Dufite amatora y’abadepite mu mwaka utaha mu kwezi kwa munani, ubushize twabonye 5% tubona abadepite babiri. Ubu turimo gukora cyane, turashaka gushyiramo imbaraga nyinshi cyane ku buryo tuzagera mu gihe cy’amatora, nibura tuve kuri 5% tugere ku 10% nibura, niba twarabonye abadepite babiri, tubone batanu nibura. Nicyo cyifuzo cyacu kandi twumva ko bishoboka. Amatora ya perezida wa repubulika nayo azaba muri 2024, nayo nta kabuza tuzayitabira kandi twarabivuze. Ndizera ko icyo gihe amajwi twabonye ubushize azazamuka, azikuba inshuro nyinshi cyane. Bityo igihe Imana izaba yabishakiye tuzatsinda, ariko n’iyo utatsinda cyane ubutaha, ku buryo tugira amajwi ashimishije nibura atanga icyizere. Source: Impungenge ku kwakira abimukira zishingira ku ki? Ikiganiro na Dr Frank Habineza | IGIHE

Lire la suite
Green Party members tipped on the relationship between eating too much meat and disrupting the biodiversity and harming the Environment

Green Party members tipped on the relationship between eating too much meat and disrupting the biodiversity and harming the Environment

lundi 30 mai 2022

As the World celebrated the World Biodiversity Day in the weekend, the Democratic Green Party of Rwanda has reminded that apart from the continuous quest for democracy, Environmental protection continues to be the most important concern for the party This was revealed by Hon. Jean Claude Ntezimana, MP and Secretary General of the Greens of Rwanda. Ntezimana made the comment in the weekend during an Interview with Media. Jean Claude Ntezimana, the party’s secretary general and member of parliament in Rwanda, says environmental protection is one of the party’s pillars of which are fighting for democracy and protecting the environment. “We want everyone to take care of the biodiversity, it should be taken care of because it ends up affecting us when it is not taken care of. Everything relies on Biodiversity.” He said. “Of course, humans cannot live without the environment, the animals, the plants, and if they are not protected, we are even forgetting ourselves. We have to protect the biodiversity, protect the animals, aquatic animals, etc…” Ntezimana added. In an interview with Mathew Hanley, Member of the UK Green Party and PHD Researcher on Trans-boundary biodiversity Management in Rwanda, DRC and Uganda explained that “the green ideology is asking who is benefiting from the control of resources and who is losing out and why they’re losing out.” Matthew goes on to say that the Green Party has a code of conduct to protect the environment and the ecosystem in general. He cites the example of Western countries where Greens encourage people not to overeat meat because it has been shown that the need for meat and the need to eat it more contribute to environmental degradation. He argues that the fact that more humans raise cattle makes them search for pastures, which in turn leads to environmental degradation adding that research has shown that animals play a role in polluting the air. However, He explains that not eating the meat “is a very much a Western problem.” “This is a European and an American issue. When you talk about vegetarianism, Frank asked me to talk a little bit about being vegetarian or veganism. I always talked about the link between the meat industry and global warming and environmental degradation. But as I said, that’s all that’s our problem (Western. It certainly isn’t a global scale problem.” Metthew explained. “The industrialised meat industry is a Western problem. That’s something that we have to grapple with. We over consume meat. We have far too much of it. And the way it’s produced is leading to unsustainable practices. Yeah, but again, as I said, it’s not nothing to do with the Global South African continent. It’s a European and American problem, and we need to deal with it and get it in order.” He said. The United Nations has proclaimed May 22 the International Day for Biological Diversity to increase understanding and awareness of biodiversity issues. UNESCO’s intersectoral strategy for biodiversity is based on 3 pillars: restore the relationship between humans and nature and regenerate ecosystems; conserve the harmony of our ecosystems; and amplify the power of youth. The theme of the 2022 International Day for Biological Diversity is “Building a shared future for all life” Source: Green Party members tipped on the relationship between eating too much meat and disrupting the biodiversity and harming the Environment TOP AFRICA NEWS

Lire la suite
Le Parti des Verts plaide pour que la mutuelle de santé soit valable dans l’achat de médicaments dans les pharmacies

Le Parti des Verts plaide pour que la mutuelle de santé soit valable dans l’achat de médicaments dans les pharmacies

lundi 30 mai 2022

Le Parti des Verts/Green Party poursuit son plaidoyer pour qu’il y ait une loi qui autorise la mutuelle de santé à être valable quand un patient achète des médicaments dans les pharmacies, juste comme c’est le cas pour l’assurance RAMA, selon le Secrétaire Général (SG) de Green Party, Jean-Claude Ntezimana. «Actuellement, personne parmi l’autorité locale ne peut emporter une chèvre ou une poule d’un habitant qui n’a pas encore payé les frais de la mutuelle de santé. Nous avons plaidé pour que cela cesse. Nous sollicitons maintenant qu’un affilié à la mutuelle de santé soit soigné dès qu’il vient de payer, sans attendre des mois. De même, les membres d’une même famille qui a payé les frais de mutuelle de santé peuvent bénéficier des soins, sans attendre que l’on paye pour tous les membres de la même famille. Ceci est un acquis maintenant. Mais aussi nous voulons que la mutuelle de santé ait la même valeur que RAMA au niveau de l’achat des médicaments dans les pharmacies », a-t-il indiqué. Il a tenu ces propos au terme d’une formation sur l’environnement et la biodiversité dispensée par un membre de Green Party du Royaume Uni, Matthew Hanley, aux membres de Green Party Rwanda. Le SG de Green Party a ajouté que son Parti a mené des plaidoyers qui ont atteint leurs buts. Il cite l’augmentation du salaire de l’enseignant du primaire de 10 % chaque année. Ceci est mis en vigueur depuis trois ans. Mais aussi dans le souci d’améliorer les conditions socio-économiques de l’enseignant du primaire, notamment l’accès au crédit auprès de SACCO. « Nous voulons maintenant que le salaire de l’enseignant du primaire, des policiers, des militaires, soit augmenté de plus de 10 % par an. Mais face à la hausse généralisée des prix, il est normal que notre plaidoyer est d’encourager le Gouvernement à rehausser les salaires des agents du secteur public et privé », a-t-il informé. Il a rappelé que Green Party prévoit de faire une réforme de son Manifeste pour l’adapter aux problèmes actuels de la population, surtout qu’il y a un grand écart entre les salaires. Même si Green Party n’a pas gagné la présidentielle pour opérer des réformes, il se réjouit que Gouvernement en place ait réalisé 70 % du programme de Green Party en ce qui concerne l’accès à la terre. « Nous maintenons que la terre doit demeurer un patrimoine individuel propre. Nous plaidons toujours pour cela. Green Party est bâti sur le respect de la démocratie et de l’environnement. Ceci cadre avec la formation que nous venons d’achever sur l’environnement et la biodiversité », a encore relevé le SG de Green Party. Green Party demande aussi que le nombre de sièges au Parlement passe de 80 actuellement à 100. Le chiffre 80 a été convenu en 2003. Depuis lor, d’autres citoyens sont nés. Il faut qu’il y ait des députés que les représentent. Green Party veut lancer l’installation des comités des jeunes et des femmes au niveau des districts pour se préparer aux prochaines législatives. Notons que la réunion d’aujourd’hui a confirmé les nouveaux membres de l’intérieur du pays et de la diaspora qui ont souhaité intégrer ce Parti (Fin) Source: Le Parti des Verts plaide pour que la mutuelle de santé soit valable dans l’achat de médicaments dans les pharmacies – RNA NEWS

Lire la suite