Ubwo yiyamamarizaga ku karere ka Huye, uyu munsi tariki ya 30 Kamena 2024, ubwo umukandida perezida, Dr Amb Frank Habineza, ari kumwe n’abakandida depite 50 bahagarariye ishyaka Democratic Green Party..
Uyu munsi tariki ya 29 Kamena 2024, ubwo umukandida perezida, Dr Amb Frank Habineza, ari kumwe n’abakandida depite 50 bahagarariye ishyaka Democratic Green Party of #Rwanda (#Greenparty), bari mu gikorwa..
Uyu munsi tariki ya 28 Kamena 2024, ubwo umukandida perezida Dr Amb Frank Habineza, ari kumwe n’abakandida depite, mu gikorwa cyo kwiyamamaza kigeze ku munsi wa 7, abaturage bari bateraniye..
Nyanza, tariki ya 27 Kamena 2024 , ku munsi wa 6 wo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu , ndetse no kwamamaza abakandindida depite b’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (#Greenparty), Hon..
Hon Amb Dr Frank Habineza , Perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (#Greenparty) , yabwiye aba Gatsibo ko nibamugirira ikizere azaca akarengane mu Rwanfa hose. Yabivuze kuri uyu wa..
Perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (#Greenparty) , Hon Amb Dr Frank Habineza , yabwiye ab’ i Nyagatare ko n’atorwa buri munyarwanda azaba yemerewe gukoresha ubwisungane mu kwivuza (Mutuel..
Uyu munsi tariki ya 25 Kamena , umukandida ku mwanya wa perezida Hon Dr Frank Habineza , ari kumwe n’abakandida depite, ubwo biyamamarizaga mu karere ka Kirehe, yijeje abaturage ko..
Hon Amb Dr Frank Habineza, ubwo yiyamamazaga ku mwanya wa perezida yemereye abaturage bo mu karere ka Ngoma, ko nibamutora akaba perezida w’u Rwanda , ndetse bagatora ishyaka DGPR rikagira..
Umukandida w’Ihyshaka Rihanira Democracy no kurengere Ibidukikije Green Party, Hon Amb Dr Frank Habineza (#Greenparty), yambwiye abaturage bo mu ntara y’amajyepho,akarere ka Kamonyi, ko nibamutora ku mwanya wa Perezida ndetse..